Karongi: Uwagize uruhare muri Jenoside yafatiwe ku Murenge nyuma y’imyaka 31 yihisha ubutabera

Karongi: Uwagize uruhare muri Jenoside yafatiwe ku Murenge nyuma y’imyaka 31 yihisha ubutabera

Ndinabahizi Faustin wo mu Karere ka Karongi yafatiwe ku Biro by’Umurenge wa Rubengera agiye gusaba serivisi y’ihererekanya ry’ubutaka nyuma y’aho yari amaze imyaka 31 yihisha ubutabera kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ku wa 30 Ukwakira 2025, nibwo uyu mugabo ukomoka mu Mudugudu w’Akabeza Akagari ka Kibilizi mu Murenge wa Rubengera yafashwe, biturutse ku makuru yatanzwe n’abamuzi.

Perezida wa Ibuka mu Murenge wa Rubengera, Byiringiro Jean Pierre yabwiye IGIHE uyu mugabo yari yarakatiwe n’inkiko Gacaca igifungo cy’imyaka 30 ariko akatirwa adahari kuko yari yarahungiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Mu 2021, uyu mugabo yarahungutse ariko ntiyasubira aho yari atuye ahubwo ajya kuba kwa Sebukwe mu Gitega mu Murenge wa Gishyita nawo wo mu Karere ka Karongi.

Akigera aho kwa sebukwe yatangiye kujya agurisha imirima afite aho akomoka mu Murenge wa Rubengera akohereza umugore we guciririkanya n’abaguzi we akagaragara ku munsi w’ihererekanyabubasha ku butaka gusa.

Kuri iyi nshuro yaje mu ihererekanyabubasha ku butaka ku biro by’Umurenge wa Rubengera, bihurirana n’uko mu nama iheruka y’abagenerwabikorwa ba serivizi za Minubumwe hari umuturage wamutanzeho amakuru avuga ko ajya amubona, bituma ahita abafatwa.

Kuva muri Mutarama 2025, mu Karere ka Karongi hamaze gufatwa abarenga 60 bagize uruhare muri Jenoside, bakatiwe n’inkiko Gacaca bagatoroka ubutabera.

Byiringiro yashimye abaturage bakomeje gutanga atuma abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bagatoroka ubutabera bafatwa.

Ati “Turanashimira ubuyobozi bw’igihugu cyacu imbaraga bagishyira mu gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside, biba bigaragaza ubutabera abacitse ku icumu duhabwa”.

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubengera, Ayabagabo Faustin, mu kiganiro na IGIHE yibukije abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi batorotse ubutabera ko Jenoside ari icyaha kidasaza.

Ati “Inama nabagira ni uko bakwishyikiriza ubutabera, kuko aho bakwihisha hose amaherezo bazafatwa”.

Ndindabahizi w’imyaka 62, inkiko Gacaca zamuhamije kugira uruhare mu iyicwa ry’umugabo wa Mukakimenyi Suzanne w’imyaka 73 n’abana be batatu.

Uyu mugabo nyuma yo gufatwa yahise ajya gufungirwa kuri RIB sitasiyo ya Rubengera.

Ndinabahizi Faustin wo mu Karere ka Karongi yafatiwe ku Biro by’Umurenge wa Rubengera agiye gusaba serivisi y’ihererekanya ry’ubutaka nyuma y’aho yari amaze imyaka 31 yihisha ubutabera kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ku wa 30 Ukwakira 2025, nibwo uyu mugabo ukomoka mu Mudugudu w’Akabeza Akagari ka Kibilizi mu Murenge wa Rubengera yafashwe, biturutse ku makuru yatanzwe n’abamuzi.

Perezida wa Ibuka mu Murenge wa Rubengera, Byiringiro Jean Pierre yabwiye IGIHE uyu mugabo yari yarakatiwe n’inkiko Gacaca igifungo cy’imyaka 30 ariko akatirwa adahari kuko yari yarahungiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Mu 2021, uyu mugabo yarahungutse ariko ntiyasubira aho yari atuye ahubwo ajya kuba kwa Sebukwe mu Gitega mu Murenge wa Gishyita nawo wo mu Karere ka Karongi.

Akigera aho kwa sebukwe yatangiye kujya agurisha imirima afite aho akomoka mu Murenge wa Rubengera akohereza umugore we guciririkanya n’abaguzi we akagaragara ku munsi w’ihererekanyabubasha ku butaka gusa.

Kuri iyi nshuro yaje mu ihererekanyabubasha ku butaka ku biro by’Umurenge wa Rubengera, bihurirana n’uko mu nama iheruka y’abagenerwabikorwa ba serivizi za Minubumwe hari umuturage wamutanzeho amakuru avuga ko ajya amubona, bituma ahita abafatwa.

Kuva muri Mutarama 2025, mu Karere ka Karongi hamaze gufatwa abarenga 60 bagize uruhare muri Jenoside, bakatiwe n’inkiko Gacaca bagatoroka ubutabera.

Byiringiro yashimye abaturage bakomeje gutanga atuma abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bagatoroka ubutabera bafatwa.

Ati “Turanashimira ubuyobozi bw’igihugu cyacu imbaraga bagishyira mu gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside, biba bigaragaza ubutabera abacitse ku icumu duhabwa”.

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubengera, Ayabagabo Faustin, mu kiganiro na IGIHE yibukije abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi batorotse ubutabera ko Jenoside ari icyaha kidasaza.

Ati “Inama nabagira ni uko bakwishyikiriza ubutabera, kuko aho bakwihisha hose amaherezo bazafatwa”.

Ndindabahizi w’imyaka 62, inkiko Gacaca zamuhamije kugira uruhare mu iyicwa ry’umugabo wa Mukakimenyi Suzanne w’imyaka 73 n’abana be batatu.

Uyu mugabo nyuma yo gufatwa yahise ajya gufungirwa kuri RIB sitasiyo ya Rubengera.

Ndinabahizi Faustin wo mu Karere ka Karongi yafatiwe ku Biro by’Umurenge wa Rubengera agiye gusaba serivisi y’ihererekanya ry’ubutaka nyuma y’aho yari amaze imyaka 31 yihisha ubutabera kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ku wa 30 Ukwakira 2025, nibwo uyu mugabo ukomoka mu Mudugudu w’Akabeza Akagari ka Kibilizi mu Murenge wa Rubengera yafashwe, biturutse ku makuru yatanzwe n’abamuzi.

Perezida wa Ibuka mu Murenge wa Rubengera, Byiringiro Jean Pierre yabwiye IGIHE uyu mugabo yari yarakatiwe n’inkiko Gacaca igifungo cy’imyaka 30 ariko akatirwa adahari kuko yari yarahungiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Mu 2021, uyu mugabo yarahungutse ariko ntiyasubira aho yari atuye ahubwo ajya kuba kwa Sebukwe mu Gitega mu Murenge wa Gishyita nawo wo mu Karere ka Karongi.

Akigera aho kwa sebukwe yatangiye kujya agurisha imirima afite aho akomoka mu Murenge wa Rubengera akohereza umugore we guciririkanya n’abaguzi we akagaragara ku munsi w’ihererekanyabubasha ku butaka gusa.

Kuri iyi nshuro yaje mu ihererekanyabubasha ku butaka ku biro by’Umurenge wa Rubengera, bihurirana n’uko mu nama iheruka y’abagenerwabikorwa ba serivizi za Minubumwe hari umuturage wamutanzeho amakuru avuga ko ajya amubona, bituma ahita abafatwa.

Kuva muri Mutarama 2025, mu Karere ka Karongi hamaze gufatwa abarenga 60 bagize uruhare muri Jenoside, bakatiwe n’inkiko Gacaca bagatoroka ubutabera.

Byiringiro yashimye abaturage bakomeje gutanga atuma abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bagatoroka ubutabera bafatwa.

Ati “Turanashimira ubuyobozi bw’igihugu cyacu imbaraga bagishyira mu gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside, biba bigaragaza ubutabera abacitse ku icumu duhabwa”.

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubengera, Ayabagabo Faustin, mu kiganiro na IGIHE yibukije abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi batorotse ubutabera ko Jenoside ari icyaha kidasaza.Ati “Inama nabagira ni uko bakwishyikiriza ubutabera, kuko aho bakwihisha hose amaherezo bazafatwa”.

Ndindabahizi w’imyaka 62, inkiko Gacaca zamuhamije kugira uruhare mu iyicwa ry’umugabo wa Mukakimenyi Suzanne w’imyaka 73 n’abana be batatu.

Uyu mugabo nyuma yo gufatwa yahise ajya gufungirwa kuri RIB sitasiyo ya Rubengera.

Ndinabahizi Faustin wo mu Karere ka Karongi yafatiwe ku Biro by’Umurenge wa Rubengera agiye gusaba serivisi y’ihererekanya ry’ubutaka nyuma y’aho yari amaze imyaka 31 yihisha ubutabera kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ku wa 30 Ukwakira 2025, nibwo uyu mugabo ukomoka mu Mudugudu w’Akabeza Akagari ka Kibilizi mu Murenge wa Rubengera yafashwe, biturutse ku makuru yatanzwe n’abamuzi.

Perezida wa Ibuka mu Murenge wa Rubengera, Byiringiro Jean Pierre yabwiye IGIHE uyu mugabo yari yarakatiwe n’inkiko Gacaca igifungo cy’imyaka 30 ariko akatirwa adahari kuko yari yarahungiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Mu 2021, uyu mugabo yarahungutse ariko ntiyasubira aho yari atuye ahubwo ajya kuba kwa Sebukwe mu Gitega mu Murenge wa Gishyita nawo wo mu Karere ka Karongi.

Akigera aho kwa sebukwe yatangiye kujya agurisha imirima afite aho akomoka mu Murenge wa Rubengera akohereza umugore we guciririkanya n’abaguzi we akagaragara ku munsi w’ihererekanyabubasha ku butaka gusa.

Kuri iyi nshuro yaje mu ihererekanyabubasha ku butaka ku biro by’Umurenge wa Rubengera, bihurirana n’uko mu nama iheruka y’abagenerwabikorwa ba serivizi za Minubumwe hari umuturage wamutanzeho amakuru avuga ko ajya amubona, bituma ahita abafatwa.

Kuva muri Mutarama 2025, mu Karere ka Karongi hamaze gufatwa abarenga 60 bagize uruhare muri Jenoside, bakatiwe n’inkiko Gacaca bagatoroka ubutabera.

Byiringiro yashimye abaturage bakomeje gutanga atuma abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bagatoroka ubutabera bafatwa.Ati “Turanashimira ubuyobozi bw’igihugu cyacu imbaraga bagishyira mu gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside, biba bigaragaza ubutabera abacitse ku icumu duhabwa”.

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubengera, Ayabagabo Faustin, mu kiganiro na IGIHE yibukije abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi batorotse ubutabera ko Jenoside ari icyaha kidasaza.Ati “Inama nabagira ni uko bakwishyikiriza ubutabera, kuko aho bakwihisha hose amaherezo bazafatwa”.

Ndindabahizi w’imyaka 62, inkiko Gacaca zamuhamije kugira uruhare mu iyicwa ry’umugabo wa Mukakimenyi Suzanne w’imyaka 73 n’abana be batatu.

Uyu mugabo nyuma yo gufatwa yahise ajya gufungirwa kuri RIB sitasiyo ya Rubengera.

IVOMO:inkuru ya igihe.com