Perezida Kagame yagaragaye mu kibuga aconga Ruhago

Perezida  Kagame yagaragaye mu kibuga  aconga Ruhago

Perezida  Kagame usanzwe  umenyewere akina Tennis n'umukino w'intoki wa basketball , yagaragaye mu kibuga  akina umupira w'amaguru , mu mwambaro  w'abakinnyi umupira w'icyatsi ufite numero 7 n'ikabutura  y'umukara. Perezida Kagame akaba yhaye icyubahiro umukinnyi w'igihangange uherutse kwitaba Imana witwa Pele

Perezida Paul Kagame wagaragaje ko agifite imbaraga, yakinanye n’ibihanganye bitandukanye, ndetse na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ya Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yavuze ko Pelé yahurije isi hamwe, akaba yari umuntu uciye bugufi, ariko wageze kuri byinshi.

Ati “Ni urugero rwiza kuri benshi ku isi kugira ibigwi nk’ibyo. Ibyo bibaha icyizere ko nabo bakora ibikorwa bishobora ku bageza kuri urwo rwego (rw’ikirenga).”

Perezida Paul Kagame wagaragaje ko agifite imbaraga, yakinanye n’ibihanganye bitandukanye, ndetse na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ya Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yavuze ko Pelé yahurije isi hamwe, akaba yari umuntu uciye bugufi, ariko wageze kuri byinshi.

Ati “Ni urugero rwiza kuri benshi ku isi kugira ibigwi nk’ibyo. Ibyo bibaha icyizere ko nabo bakora ibikorwa bishobora ku bageza kuri urwo rwego (rw’ikirenga).”

Perezida Paul Kagame wagaragaje ko agifite imbaraga, yakinanye n’ibihanganye bitandukanye, ndetse na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ya Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yavuze ko Pelé yahurije isi hamwe, akaba yari umuntu uciye bugufi, ariko wageze kuri byinshi.

Ati “Ni urugero rwiza kuri benshi ku isi kugira ibigwi nk’ibyo. Ibyo bibaha icyizere ko nabo bakora ibikorwa bishobora ku bageza kuri urwo rwego (rw’ikirenga).”

Perezida Paul Kagame wagaragaje ko agifite imbaraga, yakinanye n’ibihanganye bitandukanye, ndetse na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ya Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yavuze ko Pelé yahurije isi hamwe, akaba yari umuntu uciye bugufi, ariko wageze kuri byinshi.

Ati “Ni urugero rwiza kuri benshi ku isi kugira ibigwi nk’ibyo. Ibyo bibaha icyizere ko nabo bakora ibikorwa bishobora ku bageza kuri urwo rwego (rw’ikirenga).”

Perezida Paul Kagame wagaragaje ko agifite imbaraga, yakinanye n’ibihanganye bitandukanye, ndetse na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ya Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yavuze ko Pelé yahurije isi hamwe, akaba yari umuntu uciye bugufi, ariko wageze kuri byinshi.

Ati “Ni urugero rwiza kuri benshi ku isi kugira ibigwi nk’ibyo. Ibyo bibaha icyizere ko nabo bakora ibikorwa bishobora ku bageza kuri urwo rwego (rw’ikirenga).”

Ni umukino yakinanyemo  na Perezida w'ishyirahamwe  ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA Gianni Infantion, ndetse  n'abandi.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ya Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yavuze ko Pelé yahurije isi hamwe, akaba yari umuntu uciye bugufi, ariko wageze kuri byinshi.

Ati “Ni urugero rwiza kuri benshi ku isi kugira ibigwi nk’ibyo. Ibyo bibaha icyizere ko nabo bakora ibikorwa bishobora ku bageza kuri urwo rwego (rw’ikirenga).”

u Rwanda rwatoranyijwe kuzakira inama mpuzamahanga ya FIFA ku ncuro ya 73 akaba ari ku ncuro ya 2 ibereye muri Afurika nyuma ya Maroc